UMUNARA W’UMURINZI Ukuboza 2012 | Ikintu cyiza kuruta Noheli

Utekereza ko ari iki cyakagombye kuranga Noheli? Ese hari ikintu cyiza kiba kuri uwo munsi?

INGINGO Y'IBANZE

Bananiwe kugera ku ntego ya Noheli

Gusabana n’umuryango n’incuti, gufasha abakene no kwibuka Yesu, byose bifite agaciro. Ariko se ni ikihe kintu cy’ingenzi cyane?

INGINGO Y'IBANZE

Kwibuka Yesu Kristo

Ni ubuhe buryo bwiza bugaragaza ko wibuka Yesu kandi ko umwubaha?

INGINGO Y'IBANZE

Ibyishimo duheshwa no gutanga

Gutanga impano za Noheli bitera imihangayiko aho gutera ibyishimo. Ni ayahe mahame ya Bibiliya yagufasha?

INGINGO Y'IBANZE

Gufasha abakene

Ijambo ry’Imana ridutera inkunga yo kugwa neza no kugira ubuntu mu gihe cy’umwaka wose. Ni iyihe nama idaciye ku ruhande itanga?

INGINGO Y'IBANZE

Gusabana mu muryango

Imiryango myinshi muri iki gihe iba itegerezanyije amatsiko igihe gishimishije cya Noheli, aho abayigize bahurira hamwe. Kuki ibyo na byo ari ikibazo?

INGINGO Y'IBANZE

“Amahoro abe mu bantu yishimira”

Ni iki cyafasha abigishwa ba Yesu kwishimira amahoro nyakuri kandi arambye?

INGINGO Y'IBANZE

Babonye ikintu cyiza kuruta Noheli

Abakristo babarirwa muri za miriyoni ntibizihiza Noheli. Babona bate uwo mwanzuro bafashe?

IBIBAZO BY'ABASOMYI

Kuki hari abantu batizihiza Noheli?

Suzuma impamvu enye zituma abantu babarirwa muri za miriyoni bakunda Yesu batizihiza Noheli.

EGERA YEHOVA

Ese wanditswe mu ‘gitabo cy’urwibutso’ cy’Imana?

Igitabo cy’urwibutso ni iki, kandi se izina ryawe ryakwandikwamo rite?

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Nabonye umudendezo nyakuri

Soma inkuru ivuga uko Maria Kilin yarokokeye muri gereza yo muri Koreya ya Ruguru n’uko ukuri kwa Bibiliya kwamufashije kubona umudendezo nyakuri.

JYA WIGA IJAMBO RY'IMANA

Kuki Imana yohereje Yesu ku isi?

Menya impamvu Yesu yaje ku isi n’akamaro bidufitiye muri iki gihe.

Ese wabagaho na mbere y’uko uvuka?

Kwemera ko ubugingo bwimukira mu kindi kinyabuzima ni inyigisho yogeye. Ariko se ibyo ni byo Bibiliya yigisha?

Ese wari ubizi?

Menya ibyerekeye umunyu wo mu nyanja y’Umunyu n’agaciro k’igiceri cy’idarakama cyo mu gihe cya Yesu.

Ubu koko ibi nzabivamo?

Soma uko abamisiyonari bo muri Bénin bize ururimi rw’amarenga kugira ngo bafashe abatumva kwegera Imana.

Amavuta n’ibindi bintu bisigaga mu bihe bya Bibiliya

Ni ibihe bintu abagore bo mu bihe bya Bibiliya bakoreshaga kugira ngo barusheho kuba beza?

“Amateka ntabeshya”

Ku itariki ya 1 Mata 1951, Kuki Abahamya ba Yehova babarirwa mu bihumbi birukanywe muri Esitoniya bakajya muri Siberiya?

JYA WIGISHA ABANA BAWE

Yotamu yakomeje kuba indahemuka nubwo yahuye n’ibibazo

Wakomeza kwegera Imana ute nubwo papa na mama batayikorera?