4-C
Ibintu by’ingenzi byaranze imibereho ya Yesu ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 1)
IGIHE |
AHANTU |
IBYABAYE |
MATAYO |
MARIKO |
LUKA |
YOHANA |
---|---|---|---|---|---|---|
30 |
Galilaya |
Abanza gutangaza ati “ubwami bwo mu ijuru buri hafi” |
||||
Kana; Nazareti; Kaperinawumu |
Akiza umwana w’umutware; asoma mu muzingo wa Yesaya; ajya i Kaperinawumu |
|||||
Inyanja ya Galilaya, hafi y’i Kaperinawumu |
Ahamagara abigishwa bane: Simoni na Andereya, Yakobo na Yohana |
|||||
Kaperinawumu |
Akiza nyirabukwe wa Petero n’abandi |
|||||
Galilaya |
Ajya i Galilaya bwa 1 ari kumwe n’abigishwa |
|||||
Akiza umubembe; abantu bakamukurikira |
||||||
Kaperinawumu |
Akiza ikimuga |
|||||
Ahamagara Matayo; asangira n’abakoresha b’ikoro; ikibazo cyo kwiyiriza ubusa |
||||||
Yudaya |
Abwiriza mu masinagogi |
|||||
31, Pasika |
Yerusalemu |
Akiza umuntu i Betesida; Abayahudi bashaka kumwica |
||||
Agaruka avuye i Yerusalemu (?) |
Abigishwa baca amahundo ku Isabato; Yesu “Umwami w’Isabato” |
|||||
Galilaya; Inyanja ya Galilaya |
Akiza ukuboko k’umuntu ku Isabato; abantu bamukurikira agakiza abandi benshi |
|||||
Msz. hafi y’i Kaperinawumu |
Atoranya intumwa 12 |
|||||
Hafi y’i Kaperinawumu |
Ikibwiriza cyo ku Musozi |
|||||
Kaperinawumu |
Akiza umugaragu w’umutware w’abasirikare |
|||||
Nayini |
Azura umwana w’umupfakazi |
|||||
Tiberiyo; Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho) |
Yohana atuma abigishwa be kuri Yesu; ukuri guhishurirwa abana bato |
|||||
Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho) |
Umugore w’umunyabyaha asuka amavuta ku birenge bye; umugani w’abarimo umwenda |
|||||
Galilaya |
Urugendo rwa 2 rwo kubwiriza, we n’intumwa |
|||||
Yirukana abadayimoni; icyaha kitababarirwa |
||||||
Abima ikimenyetso, akabaha icya Yona |
||||||
Nyina na barumuna be baza; avuga ko abigishwa be ari bo bavandimwe be |