23-29 Ukwakira
YOBU 8-10
Indirimbo ya 107 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Urukundo rudahemuka rw’Imana ruturinda ibinyoma bya Satani”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Yb 9:32—Twakora iki mu gihe dusomye ikintu muri Bibiliya, ntitugisobanukirwe? (w10 15/10 6-7 par. 19-20)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Yb 9:20-35 (th ingingo ya 11)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma uhe nyiri inzu kimwe mu Bikoresho Bidufasha Kwigisha (th ingingo ya 17)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma uhe nyiri inzu agatabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose, maze muganire muri make ahanditse ngo: “Icyo wakora ngo usobanukirwe neza aya masomo.” (th ingingo ya 3)
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) lff isomo rya 16, ingingo ya 6 n’ahavuga ngo: “Uko bamwe babyumva” (th ingingo ya 14)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Jya ufasha abantu batagira idini kumenya Umuremyi wabo”: (Imin. 10) Ikiganiro na videwo.
Ibikenewe iwanyu: (Imin. 5)
Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero: (Imin. 30) bt “Ibaruwa y’Inteko Nyobozi” n’igice cya 1, par. 1-7
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 64 n’isengesho