20-26 Ugushyingo
YOBU 18-19
Indirimbo ya 44 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Ntugatererane Abakristo bagenzi bawe”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Yb 19:1, 2—Uko Yobu yitwaye igihe abiyitaga incuti ze bamubwiraga amagambo akomeretsa bitwigisha iki? (w94 1/10 32)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Yb 18:1-21 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro, kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 12)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Tumira nyiri inzu mu materaniro, hanyuma muganire kuri videwo ivuga ngo “Mu Nzu y’Ubwami hakorerwa iki?” nk’aho mumaze kuyireba ariko ntuyimwereke (th ingingo ya 3)
Disikuru: (Imin. 5) w20.10 17 par. 10-11—Umutwe: Jya ufasha uwo wigisha Bibiliya kubona incuti mu itorero. (th ingingo ya 20)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ba incuti ya Yehova—Jya ufasha abandi: (Imin. 5) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Niba bishoboka ubaze abana watoranyije uti: “Ni gute abana bafasha bagenzi babo?
Ni iki wifuza gukora kugira ngo ufashe abandi?”
“Gahunda yo guhumuriza abagize umuryango wa Beteli”: (Imin. 10) Ikiganiro na videwo.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) bt igice cya 2 par. 8-15
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 63 n’isengesho